in

Video: umukobwa ukiri muto asekeje M Irene yenda gupfa||Bavuze Jay Polly asuka amarira.

Ihirwe Confiance wiyise Fifi ni umukobwa ukiri muto ndetse uvuga ko afitè impano yo kuririmba.Uyu mukobwa rero yasekeje bidasanzwe umunyamakuru Irene Murindahabi mu kiganiro bagiranye cya the Choice live.

Fifi uvuga ko afite indirimbo eshatu zihimbaza Imana, yaganiriye na M Irene usanzwe utera inkunga abahanzi bakizamuka.Fifi ni umukobwa ufite amagambo yihariye akunda gukoresha, hari aho yageze abajijwe ikifuzo yumva afite mu rwenya rwinshi ati:” ndifuza ko Imana yandemera nanjye nkajya nteka amafiriti mu mibyizi “

Irene yamubajije impamvu yahinduye umusatsi we kandi aririmba indirimbo zihimbaza Imana ati:“Erega hasenga umutima si umusatsi usenga”.

Abajijwe niba agira abasore bamutereta ,ati:” mfite nka mirongo itanu ariko siko bose naba mbakunda”

Uyu mukobwa yakomeje asatsa abantu kubera anafite inyinya ati:” erega ndi mushiki wa King James”.

Yaje kubabara ubwo yageraga kuri Jay polly witabye Imana avuga ko yamukundaga cyane, ndetse azenga amarira mu maso.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamirambo: Umugore arwanye inkundura n’indaya yari iryamanye n’umugabo we .

Wa mwana Karyuri mwakunze asigaye adidibuza icyongereza| Arimo kwiga neza| Hagiye gushya mu minsi iri imbere