in

Vestine na Dorcas baraba abande ? Irene Murindahabi ntakiri kubarizwa mu Rwanda ukundi

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kwibaza uti se Vestine na Dorcas bazaba abande, uti se ibyo yakoraga abisigiye nde ! Nyuma yuko yerekeje mu mahanga gutura yo.

Irene Murindahabi wamaze kugera muri Canada ndetse agatangaza ko agiye guturayo, yari asanzwe akora umwuga w’itangazamakuru rinyuze kuri youtube ndetse n’izindi mbuga nkoranyambaga, aho afite kampani yitwa MIE (Murindahabi Irene Impire) ndetse akaba yaragiye akora no kubitangazamakuru bitandukanye birimo na ISIBO Tv.

Benshi kandi nubwo batekerezaga kuri Vestine na Dorcas ntibabuze no gutekereza icyaba cyatumye Irene yerekeza mu mahanga, bamwe bati “Ashobora kuba yabonye akazi” abandi bati ” Ashobora kuba agiye kurongora umukobwa uhatuye”. Gusa nyirizina yaba yajyanywe no gushakisha.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Paris Saint-Germain yasanze Barcelona yari imbere y’abafana bayo maze iyikorera remontada

Amashusho y’umukozi wakubitaga umwana bamusigiye akamukubita inkoni ya rakirete ndetse akamurambika hasi akamukandagira ku nda, akomeje kubabaza benshi -Videwo