in

Uyu ni uwa nyina! Paula umukobwa wa Kajala Farida yiyamye se umubuza kwishinga nyina umujyana mu mico mibi nyina ahoramo mu bagabo

Paula umukobwa wa Kajala Farida yiyamye se umubuza kwishinga nyina umujyana mu mico mibi nyina ahoramo mu bagabo.

Paula Kajala umukobwa wa Frida Kajala yatangaje ko adashobora kubaha se umubyara witwa P Funk Majani wamamaye cyane muri muzika ya Tanzania nka Producer.

Uyu mukobwa yagaragaje ko nta rukundo afitiye se umubyara binyuze mu kiganiro Behind The Gram.

Yagize ati: “Ntabwo nigeze nubaha Data umbyara.”

Yakomeje ku nama se ahora amugira zo kutishinga nyina kuko ngo batanganya izina, aho yasabye se kumureka kuko amaze gukura.

Ati: “Wandeka nkabaho ubuzima bwanjye kuko ndi umukobwa mukuru.”

Ubwo uyu mugabo yaganiraga na Radiyo imwe yo muri Tanzania yemeje ko umukobwa we atajya amwumva.

Kuri ubu Paula Kajala amaze kugira imodoka myaka 20 y’amavuko akaba avugwa cyane mu nkundo n’abahanzi bagiye batandukanye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari wowe wabigenza gute? Yohereje umuryango we miliyoni 80 ngo bamwubakire umuturirwa none yasanze baramwubakiye ikimeze nk’ubwiherero bugezweho

Rwamagana: Ubugome bw’indengakamere bwakorewe umwana w’umunyeshuri aho Umwalimu yamukubise itafari akamukura amenyo atandatu yose