in

Uwo naba nkomerekeje ambabarire: Tijara yashyuhije ubwonko bw’abantu bananiwe gusobanukirwa amagambo yatangaje

Tijara Kabendera umaze igihe kinini w’irangazamakuru akomeje gutungurana kubera amagambo ari kujyenda atangaza.

Yagize ati: Nimba hari icyo ushaka kuba cyo Ni Nonaha,nimba hari icyo ushaka gukora ni Nonaha,nimba hari icyo ushaka kurya ni Nonaha yewe na bimwe twita kurya ubuzima ni Nonaha icyo wumva kikurimo cyakunezeza gikore Nonaha ariko na none nimba wowe utari tayari kugira icyo ukora Nonaha wibona uri kubikora Nonaha ngo bikubere umutwaro.

Kuko hari benshi tubona umuntu akoze icyo ashaka,kimunezeza,kitagize uwo kibangamiye Bikamubabaza nkabo wamubujije kubikora!

Kora icyo wifuza aka kanya kuko umunsi iyo uvuyeho ntugaruka uba ugiye ujyanye nibyawo byuwo munsi.

Aya magambo yayatangarije ku rukuta rwe rwa Instagram ayaherekesha ifoto ari guseka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiciro byo kwinjira ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byorohejwe pee!

Umutoza Haringingo Francis yahise akora impinduka zikomeye mu bakinnyi 11 azabanzamo nyuma yo kwikanga umukinnyi uvugwaho ubushuti n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports