in

Uwayezu Jean Fidèle yatangaje inkuru nziza ku bakunzi ba Rayon Sports bashaka Abedi muri Murera

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yahaye ikizere abafana b’iyi kipe bifuza ko iyi kipe yabo yagura Bigirimana Abedi.

Mu kiganiro yagiranye na Radiyo Rwanda, mu rubuga rw’imikino, Jean Fidele yagize ati “Twe ntiturwanira umukinnyi nuwo ariwe wese. Yego n’ubu ibiganiro biracyahari twe na Abedi aradushaka kandi natwe turamushaka”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko Imiterere y’akataraboneka ya Yolo The Queen abamamyi batangiye kuyifashisha batuburira bamwe mu banyarwanda 

“Nzakurogesha” Rusine yavuze igikorwa kitari kiza azakorera Uncle Austin bakorana kuri Kiss Fm bitewe n’impamvu imwe gusa [Video]