in

Uwahawe ikarita itukura ntazongera gusiba umukino, dore uko itegeko ryatowe ribiteganya

Nkuko bisanzwe bimenyerewe, mu kibuga habamo amakarita abiri ahanishwa abakoze amakosa kugira ngo barusheho kugira ikinyabupfura mu kibuga.

Nkuko kandi tubizi, iyo wahabwaga ikarita itukura ntago wabaga wemerewe gukina umukino ukurikiyeho wabaga wahanwe utemerewe gukina uwo mukino.

Shampiyona yo muri Let zunze ubumwe z’Amerika, batoye itegeko ryemeza ko niba umikinnyi ahawe ikarita itukura mu mukino ntago ari ngombwa ko umukino ukurikiyeho azajya awusiba ahubwo azajya ategereza ya kipe yaboneyeho ikarita itukura abone gusiba uwo mukino aho kugira ngo asibe umukino ukurikiyeho.

Bamwe bagaragaje impungenge kuri uyu mwanzuro aho byibazwaga umukinnyi abaye atazongera gukina n’iyo kipe byashoboka ko yava muri iyo kipe cyangwa se agiye gukina yaragiye muri ya kipe yaboneyeho umutuku niba yahanwa cyangwa se atahanwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yasuye sheri we ku kazi amuhata inshyi abantu barumirwa

Kabaye: Pasiteri yashakanye n’abagore 4 b’amasugi ku munsi umwe