in

Kabaye: Pasiteri yashakanye n’abagore 4 b’amasugi ku munsi umwe

Si kenshi cyane usanga abakozi b’imana bakora ibyo benshi babona ko bisa bidakwiye gusa Pasiteri siko abibona.

Ubu bukwe budasanzwe bwizihirijwe i Bukavu, umujyi uherereye mu burasirazuba bw’igihugu.

Zagabe Chiluza, umushumba ufite abagore benshi, yashakanye n’abagore bane b’amasugi ku munsi umwe.
Nubwo benshi bashidikanya niba mu byukuri ari umuntu w’imana ,Pasiteri Zagabe avuga ko buri gihe ashingira ku byanditswe byera byera yerekana ko kugira abagore benshi atari icyaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahawe ikarita itukura ntazongera gusiba umukino, dore uko itegeko ryatowe ribiteganya

Umukobwa mwiza yatunguranye yerekana ko ari umufundi(Video)