in

Urutonde rw’abakinnyi bamaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2022-2023

Mu gihe habura imikino 2 gusa ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu kiciro cya mbere mu bagabo ngo igera ku musozo, rutahizamu uyoboye abandi mu gutsinda ibitego byinshi, afite ibitego 14.

Rutahizamu Hussein Shaban Tchabalala ukinira AS Kigali niwe uyoboye uru rutonde n’ibitego 14, aho arusha igitego 1 Mukoghotya wa Mukura VS na Onana wa Rayon Sports bombi bafite ibitego 13.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

N’ingagari ntago akibasha kwifungurira umuryango w’imodoka, Amashusho y’umuhitinzi Bruce Melodie arinzwe n’umusore w’ibigango yaciye igikuba(Videwo)

Amaso yose niho agiye kwerekeza: Rutahizamu Lionel Messi yamaze gusinyira mu keba w’ikipe y’umukinnyi bahora bahanganye mu Isi y’umupira w’amaguru