in

Urumogi rugiye kuzajya rucuruzwa muri Pharmacy nk’indi miti isanzwe

Muri Leta ya Georgia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye gutangira gucuruza urumogi muri Pharmacy rukazajya rugurwa na buri wese wujuje ibisabwa.

Nyuma y’igihe kirekire hakorwa ubushakashatsi ndetse n’isuzumwa ry’uko hacuruzwa urumogi muri Pharmacy, Gary Long yemeje ko muri Amerika by’umwihariko muri Georgia bagiye gutangira kugurisha urumogi muri Pharmacy.

Gary Long yatangaje ko batazigera bacuruza urumogi mu buryo bunyuranyije n’amategeko ngo bavange bimwe mu bicuruzwa bitarimo imisemburo ngo bayivange n’ibindi bicuruzwa byaba birimo urumogi kuko urwo rumogi ruzajya rubanza gutunganywa.

Ubuyobozi bwa Pharmacy zose muri Georgia burimo bukora isuzuma kuri pharmacy zose kugira ngo barebe izujuje ibisabwa zikaba zatangira gucuruza urumogi ku bantu barwemerewe muri Amerika barwandikiwe na muganga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abamukurikira bikubye inshuro 10! Gutsindira igitego FC Barcelona byamuhinduye ikimenyabose

Nyandwi Ignace Imana imwakire mu bayo! Amayobera ku rupfu rw’umugabo wagiye kugemura icyayi akongera kugaragara ari umurambo