in

“Uri mwiza waradusajije” Ibyavuzwe n’abafana ba Muyango Claudine nyuma yo kubona ubwiza bwe (Videwo)

Abafana ba Miss Muyango Claudine bongeye kugaragara amarangamutima yabo bagirira uyu mubyeyi w’umwana umwe w’umuhungu, yabyaranye n’umugabo we ukina mu ikipe ya Kiyovu Sports, Kimenyi Yves.

Muyango Claudine ni umwe mu babyeyi bakurura abiganjemo igitsina binyuze ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amashusho ye, hari aho ari mu nzu, ahandi afite inkweto ndende za high heels. Abafana be nyuma yo kubona ayo mashusho ntibahwemye kumwereka ko yabasajije.

 

https://www.instagram.com/reel/Cgq_otlgxxG/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Ibyavuzwe nyuma y’ayo mashusho

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Apr Fc yahaye Adil Erradi Mohammed umunsi ntarengwa wo kugaruka

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’abagore y’ubwongereza yakuyemo umupira asigarana akenda k’imbere bitungura benshi (Amafoto)