in

Mu magambo akakaye umuherwekazi Zari yahaye gasopo gapfizi (Diamond) banabyaranye abana 2, ndetse amena n’amabangaye

Zari Hassan ni umuherwekazi wabyaranye na Diamond abana babiri, gusa ntibabanye igihe kuko baratandukanye, nyuma yo gutandukana umwuka simwiza hagati yabo.

Ubu Zari yamaze kwiyama Diamond amubwira ko adashaka kuzongera kumva ajya guterata utwana twa makumyabiri amwitaje, ndetse amubwirako uretse abana bafitanye ntawundi mubano uri hagati yabo.

Dore ibyo yamubwiye muri make

“ZARI THE BOSS LADY AGARAGUJE AGATI GAPFIZI AMUKURIRA AGAHU KUNNYO GAHEREKEJWE NA GASOPO

ZARI AHAYE GASOPO GAPFIZI KUTAZONGERA KUJYA GUTERETANA N’ INDAYA YITWAJE IZINA RYE.

ZARI ATI SINGUSHAKA NUBWO WIRIRWA UNYIRUKAHO

NTUZI GUTERETA ICYO UZI NI UKUBESHYAKO NKUSHAKA KANDI NTAGUSHAKA

UGIZE AMAHIRWE WASUBIRANA NANJYE KANDI WARABIGERAGEJE NDABYANGA

URETSE ABANA DUFITANYE BADUHUZA NAHO UBUNDI UTARIHO CG URIHO UBUZIMA BWANJYE NTACYAHINDUKA

EAST AFRICA YOSE NTAWARUKUZI NTARAGUSHYIRA KURI MAP

MBERE YUKO DUHURA NARI MWIZA, NDI MILLIONAIRE NTWARA AMAMODOKA AHENZE (PORSCHES) MFITE N’ IMITUNGO

NGUHAYE GASOPO YO KUTAZONGERA GUTERETA INZAZAME Z’ IMYAKA 20 WITWAJE IZINA RYANJYE.

NDAGIRANGO NKWIBUTSEKO UBUNGUBU NDI UMUGORE WUBATSE UBWO BUGORYI NTIBUNSHIMISHA.

NT’ ABANA NSHAKA KONGERA KUBYARANA NAWE

SINJYA NGUSABA AMAFARANGA KUKO NDITUNZE. “. n’ibindi byinshi bijyanye no kumwiyama.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Intoki ze nizo zari mu kazi! Amashusho y’umukobwa wagaragaye ari kwikinishiriza ku karubanda

Mama Sava ati “humura nanjye nzakura” Reba ifoto ya Mama Sava yegamye mu bituza bya Junior Giti umusumba cyane