in

“Unyura mu mujyi wambaye ibirenge, ukubitwa” Benjamin Gicumbi ageneye ubutumwa abakunzi ba Man U mbere y’umukino iyi kipe izakina na Man City(videwo)

Mu gihe habura amasaha make ngo ikipe ya Manchester City ihure n’ikipe ya Manchester United, umunyamakuru wa BB Umwezi Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi yahaye ubutumwa abakunzi ba Manchester United ababwira ko ntacyo abijeje, kubona itsinzi kuri Man City.

Yababwiye ko abashaka barare baririye rimwe ngo kuko ejo bitazamanuka kubera ko bazaba batsinzwe, kandi ngo mu gihe Man City igitozwa na Pepe Guardiola, ikaba ifite abakinnyi nka Haaland na De Bruyne, izakomeza kuyobora umujyi wa Manchester.

Iyumvire nawe ubwo butumwa:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi itashye mu matwi y’abakunzi ba nyakwigendera Michael Jackson

Aho ndi uyu munsi ni ukubera we! Cristiano Ronaldo yirekuye agaruka ku mutoza wamufashije kugira ngo abe igikomerezwa