in

Undi mugeni yihaye kubyinira imbere y’abantu ikibuno yari yambaye kiragwa

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga abantu batunguwe n’umugeni wasebejwe n’ikibuno cy’igikorano cyatamaje umugeni , kigahengama, noneho undi nawe cyatakaye mu bantu arimo kubyina.

Abantu baguye mu kantu ubwo uyu mukobwa yari ari kubyina, mu gihe umuhungu bari bari kubyinana yamufataga mu mayunguyungu, undi agerageje kwigira inyuma ho gato, ikibuno yari yambaye gihita gitakara abantu bose bareba.

Amafoto yo abigaragaza neza ubwo uyu mukobwa yabyinaga, amabuno ye yatangiye kugenda asumbana gake gake, ababibonaga bakaba nahise bahamya ko ari ikibuno cy’igikorano yari yambaye cyari cyimutamaje.

Abakoresha Twitter nabo ntibiyumanganyije, bamwakijeho umuriro karahava, banibasira abakobwa bagenzi be bagerageza kwigira abo bataribo kugirango bakundwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi, umugore amarira ni yose nyuma yo kurogwa akazana umurizo nk’uwinka

Tangira umunsi wawe wirinda aya makosa maze wirebere ibikubaho