in

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X yabonye akayabo k’amamiliyoni Rayon Sports izashora muri shampiyona y’uyu mwaka maze bituma acumura

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X yabonye akayabo k’amamiliyoni 900Rwf Rayon Sports izashora muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ya 2023-2024, maze abita abasazi.

Mu nama rusange y’abanyamuryango ba Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro, yatangaje ko muri uyu mwaka w’imikino iyi kipe izakoresha ingengoyimari ya miliyoni 900 Rwf.

Ni mu gihe ikipe itwaye Shampiyona ihabwa miliyoni 25 Rwf. Uyu witwa Umusore wirwanyeho, yagize ati “Miliyoni 900 Rwf ku gikombe cya miliyoni 25 Rwf? Abantu baranasaze.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Rwanda wa 2016 Mutesi Jolly yongeye kugaruka ku ijambo ‘Inyana z’Imbwa’ yise abagabo bananira abagore babo

Nyuma ya Brenda, haje undi mugore witwa Jose wemeza ko yaryamanye na Yago Pon Dat nta gakingirizo bikaza kumuviramo gutwita