in

Umwe mu bakinnyi ba Rayon Sports yasuzuguye bikomeye KNC ukomeje kwigamba ko azatsinda Rayon Sports ibitego 4-2

Umwe mu bakinnyi ba Rayon Sports yasuzuguye bikomeye KNC ukomeje kwigamba ko azatsinda Rayon Sports ibitego 4-2

Nyuma y’umukino ikipe ya Rayon Sports yatsinzemo ikipe ya APR FC ibitego 3-0 abakinnyi benshi ba Rayon Sports bagaragaje ibyishimo bikomeye ndetse babazwa bimwe nibace ku ruhande ahubwo bakavuga uko babyumva.

Mu bakinnyi bose bagize icyo batangaza harimo na Kalisa Rashid wavuze ku kuntu yakiriye igitego yatsinze bwa mbere akigera muri Rayon Sports. Yavuze ko ari ibyagaciro ndetse ko ashimira abafana kubera urukundo bamugaragarije kandi nawe abasaba gukomeza kubashyigikira.

Kalisa Rashid yaje no kugira icyo avuga kuri Kakooze Nkuriza Charles uzwi nka KNC watangaje mu minsi ishize ko azatsinda ikipe ya Rayon Sports ibitego 3-0 mu mukino ufungura Shampiyona. Rashid yavuze ko KNC ariko abibona ariko bazareba ko ibyo avuga abifutiye ubushobozi gusa ngo icyo azi ni uko Gasogi United izatsindwa.

Umukino ufungura uzahuza ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya Gasogi United uzaba tariki 18 kanama 2023, uzabera kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium uzatangira ku isaha ya saa Moya z’ijoro.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Musafiri Jean Marie
8 months ago

KNC,,ibyo uvuga urakomeje uzatsinda Rayon Sport?
Ahari wagizengo gutsinda Rayons ni gutwara igikombe Gabanya amagambo utwereke ubushobozi mu kibuga
Tuzabyemera nutsinda

‘Ibyo bakoreye umwana wanjye bidatinze bazabona ingaruka’ Platini utarakunze kuvuga ku muryango we kuri iyi nshuro avuze kimwe mu bintu byakorewe umwana we bikamutera agahinda

Amanyonyo ya Kimenyi ko wayeretse rubanda! Miss Uwase Muryango yikokoye imyenda yose asigarana ako hejuru amatako n’amabere biri hanze maze agirwa ikiganiro -AMAFOTO