in

‘Ibyo bakoreye umwana wanjye bidatinze bazabona ingaruka’ Platini utarakunze kuvuga ku muryango we kuri iyi nshuro avuze kimwe mu bintu byakorewe umwana we bikamutera agahinda

‘Ibyo bakoreye umwana wanjye bidatinze bazabona ingaruka’ Platini utarakunze kuvuga ku muryango we kuri iyi nshuro avuze kimwe mu bintu byakorewe umwana we bikamutera agahinda

Mu minsi yashize nibwo byumvikanye ko umuhanzi Nemeye Platini byavuzwe ko yaba yarashwanye n’umugore we nyuma yo gusanga ngo umwana bafitanye atari uwe.

Gusa ibi Platini ntiyigeze abihakana cg ngo abyemeze dore ko we ashimangira ko ibijya mbere mu muryango we biba bitagomba kujya hanze kuko ni ibibazo by’ukuryango ntaho bihuriye n’umwuga we w’ubuhanzi.

Gusa aganira na Isimbi Tv yavuze ko mu byabaye byose yababajwe n’uko umwana we yabigendeyemo bamwe bagakwirakeiza amafoto ye kandi umwana iteka aba ari unzirakarengane niyo byaba ari ukuri ntaho aba agomba guhurira n’abyo kuko ni umwana.

Platini n’ubwo ateruye ngo avuge ko azabajyana mu nkiko abo bakwirakwije amafoto y’umwana we mu buryo bugayitse yaciye amarenga  ko hari uko azabigenza ariko abakoze ibyo bose ntago bizabagwa amahoro.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC yasabye imbabazi mu buryo butangaje kugeza aho yashatse no gukubita bagenzi be banze gukomera amashyi abafana [amashusho]

Umwe mu bakinnyi ba Rayon Sports yasuzuguye bikomeye KNC ukomeje kwigamba ko azatsinda Rayon Sports ibitego 4-2