in

Umwana Rihanna atwite ari kugonganisha imitwe abantu batagira ingano

Umwana w’umuhanzikazi Rihanna utaravuka ,akaba uwa 2 yitegura kwibaruka nyuma y’amezi  9 yari ashize yibarutse imfura ye ,ari kugonganisha imitwe abantu batagira ingano.

Ibi bibaye nyuma yaho  Rihanna atangarije ko yitegura kwibaruka umwana we  wa kabiri , urubuga rwa  Bovada SportsBook rugahita rushyiraho amazina atandukanye ashobora kuzahitwamo rimwe rikaba ryaba iryo Rihanna n’umugabo we bakwita umwana wabo .

Ibi byanatumye uru rubuga rushyiraho ishimwe ringana  n’amadolari angana n’amafaranga 750 ,ubwo ni ibihumbi 807,753 Rwf uyavunje mu manyarwanda ,ku muntu uzatombora izina  ku bw’amahirwe rikaba ariryo Rihanna n’umugabo we bakwitirira uyu mwana wabo.

Rihanna yari yibarutse imfura ye mu kwezi kwa kane kwa 2022.

Umwana wa Rihanna utaravuka ari kugonganisha imitwe benshi batombora izina rishobora kuzamuharwa
Umwana wa Rihanna utaravuka ari kugonganisha imitwe benshi batombora izina rishobora kuzamuharwa

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Ifoto ya rutahizamu wa Manchester united yagaragaye ateze taxi ikomeje guca ibintu

Bamwe mu babyeyi bonsa baranenga bagenzi babo biyita abasirimu badukanye imyitwarire itari myiza