Bajya bavuga ngo ntzibana zidakomanye amahembe. Tom Close n’umugore we ngo bigeze kugira impamvu ikomeye ndetse yari igiye gutuma batandukana.
Tom Close n’umugore we, TriciaTom Close yavuze ko hari umukobwa bakundanye w’umuzungukazi wari ugiye kuba intandaro yo gutandukana kwe n’umugore we Tricia ariko yasoje avuga ko byarangiye ko ubu we n’umugore we bibaniye mu munezero. Ibi ni mu gihe bitegura no kwibaruka umwana wabo wa kabiri.
Kanda hano ubashe kumva no gutunga indirimbo nshya ya Tom Close yise Igikomere