in

Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda yageneye ubutumwa abanyarwanda biteze kuzajya bareba imikino ya Shampiyona y’u Rwanda kuri iyi Televiziyo

Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, Munyangeyo Kennedy, yerekanye igishobora gukurikira ku kwerekana Shampiyona mu gihe RBA itaratanga Miliyoni 400 Frw yasabwe gutanga mu gihe yo yemera kwishyura miliyoni 380 Frw ku mwaka.

Mu kiganiro Munyangeyo Kennedy uyobora RTV, yagiranye na Igihe, yavuze ko n’ibabona amafaranga baciwe bazayatanga ubundi bakerekana iyo mikino ariko nabura ubwo ntayo bazerekana.

Yagize ati “Nitubona amikoro turabyemera, niba tutayafite ubwo Abanyarwanda batubabarire ntako turi bube tutagize.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Abanyeshuri 90 bo mu ishuri ribanza, bajyanywe mu bitaro nyuma yo kurya Cake yashyizwemo urumogi

Titi Brown aracyahezwa muri gereza! Amakuru mashya kuri Titi Brown wagombaga kuburanishwa uyu munsi