in ,

Umutwe wamushyuhanye: Kylian Mbappe ari mwihurizo rikomeye nyuma yo guhabwa amafaranga atabarika n’ikipe itazamugeza ku nzozi ze

Umutwe wamushyuhanye: Kylian Mbappe ari mwihurizo rikomeye nyuma yo guhabwa amafaranga atabarika n’ikipe itazamugeza ku nzozi ze.

Rutahizamu w’ikipe ya Paris Saint Germain Kylian Mbappe ibye bikomeje bikomeje kugorana nyuma yaho ikipe ya Al-Hilal yo muri Saudi Arabia yinjiye mu rugamba rwo kugura uyu musore.

Al-Hilal yemereye Kylian Mbappe umushahara ungana na miliyoni 700€ z’ama-euros ku mwaka aya mafaranga ahwanye na miliyali zirenga 700 z’amafaranga y’u Rwanda.

Uyu musore aramutse yerekeje mu ikipe ya Al-Hilal yajya akorera miliyoni imwe n’ibihumbi magana rindwi y’u Rwanda mu gihe cy’umunota umwe gusa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho ijwi riri guturika! Umuhanzi Niyo Bosco nyuma yo gukira uburwayi yahise akomereza mu kazi nta kwicara agenera amashimwe akomeye abafana be -Amashusho

Mu mafoto yiganjemo abakobwa beza cyane ikipe ya Rayon Sports yashyize ahagaragara umwambaro mushya