in

Noneho ijwi riri guturika! Umuhanzi Niyo Bosco nyuma yo gukira uburwayi yahise akomereza mu kazi nta kwicara agenera amashimwe akomeye abafana be -Amashusho

Umuhanzi Niyo Bosco uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda akaba yari amaze igihe adasohora indirimbo yongeye guteguza abakunzi be ikintu gikomeye.

Uyu muhanzi nyuma yaho aviriye mu bitaro kubera ikibazo cy’uburwayi yongeye kugaruka muri sitidiyo itunganya indirimbo.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amashusho Ari kuririmba ndetse agenera ubutumwa abafana be

Yage ati:”Mwaramutse nshuti zanjye magara!

Naboye kandi nkomeza kumenya urukundo rwawe rwanyarwo binyuze mubyifuzo byo gukira byihuse wangiriye.

Bamwe mu bahanzi bagenzi banjye, umuryango n’inshuti nawe wasengaga buri gihe kugirango nsubire mu ndogobe.

Imana yarabikoze kandi ndarengana ubu. Na none, bwira bagenzi bawe ko igihe cyo kwinezeza, kwishima, gutuza nyacyo kigeze.

Reka intero ibe IJWIRYUMUTIMA “#VOICEOFTHEHEART”.

Iyi alubumu yiteguye kumvikana mumatwi yawe kweri. Ndagukunda cyane”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa nyuma na nyuma ubanza abonye urubavu rwe: Umuhanzi ukunzwe hano mu Rwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatereye ivi umukobwa mu buryo butunguranye[Video] 

Umutwe wamushyuhanye: Kylian Mbappe ari mwihurizo rikomeye nyuma yo guhabwa amafaranga atabarika n’ikipe itazamugeza ku nzozi ze