in

Umusore yihaye kujya aryamana n’imirambo none reba ibyamubayeho

Umusore w’imyaka 32 yagombye kuryamana n’imirambo mu modoka imwe kugirango akize ubuzima bwe.

Iyi nkuru yumusore witwa Adam wavukiye i Mbeya umujyi uherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba, bwa Tanzaniya iratangaje. Yakuze ubwo yaburaga se yiga mu mashuri yisumbuye kandi ibyo byatumye ubuzima bumubera bwiza cyane. Yatangiye gushaka akazi mu 2006 aho yagize akazi ke ka mbere ko gucukura zahabu muri Mozambike.

Ntabwo yigeze yivuza nyuma y’impanuka yamutwaye amaguru kuko atari umuturage wa Mozambike. Yari ababaye maze yiyemeza gusubira mu gihugu cye, inzira imwe rukumbi kuri we yo kugera mu gihugu cye ni ugukoresha ambulance itwara imirambo. Yaryamye rero mu modoka afite imirambo myinshi. Yoherejwe ku mupaka wa Tanzaniya aho yoherejwe mu bitaro.

Uyu mugabo yabonye inkunga yahinduye ubuzima bwe, none yizeye ko ahari ashobora kubaho. Ubuzima bwe bwarahindutse nyuma yo kubona amafaranga menshi ninkunga nyuma yikiganiro cyatangajwe kwisi yose kinyuze kuri afrimax Tv

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwizera Olivier wabeshye ko agiye hanze hamenyekanye ikipe yasinyiye

Ibya Cristiano Ronaldo muri manchester united byarwaniyemo imbwa