in

Umusore yabenze umukobwa bari bagiye gushakana kubera yabonye mama we akubura

Florence Shawa, a resident of the northern Malawi village of Thundira, sweeps the ground in front of her home early in the morning.

Umusore yatangaje abantu nyuma y’umwanzuro yafashe ubwo yasangaga nyina w’umukobwa bakundana arimo akubura naho umukobwa we amuhagaze iruhande.

Bamwe mu bakobwa b’iki gihe babaye abanenganenzi ntibagishaka gukora imirimo ibagenewe ndetse ntibagishaka gukora cyane nkuko abakera bahoze bakora.

Umusore ukomoka mu gihugu cya Nigeria yabenze umukobwa biteguraga kurushinga kubera gusa kuba yari ahagaze iruhande rwa mama we arimo akubura undi we atamufashije ari aho gusa.

Umusore yahise avuga ati “Ese niba umukobwa nifuzaga kugira umugore atafasha nyina gukora imirimo yo mu rugo kandi ariwe wamubyaye, ngewe nakeizera nte ko nagera iwange azajya ayikora?”

Uyu mukobwa yahise atuma abandi bakobwa nabo bitekerezaho, nawe usoma iyi nkuru wakwitekerezaho ukaba wahindura ibitagenda neza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sadio Mané yatangaje ko yasinye amasezerano y’urupfu

Kigali:uko byari bimeze muri Sports rusange (AMAFOTO)