in

Umusore utikoraho yagiye guterera ivi umukobwa yitwaza kajugujugu(amafoto)

Umukinnyi wa firime wo muri Nijeriya, utikoraho Edward Erhahon uzwi kandi ku izina rya Eddy Young aherutse gusaba umukunzi we bamaranye imyaka 7 bakundana,amusaba ko yamubera umugore ariko aza yitwaje  indege ya kajugujugu.

Umugabo yamujyanye muri kajugujugu kugirango abone ibintu byiza yakwishimira aramutse yemeye kuba umugore we.Edward yasangiye amafoto amwe n’amwe yafotowe ubwo yambikaga impeta uyu mukunzi we , kajugujugu yagaragaye iruhande rwabo. Yavuze ko yamutwaye hejuru ya metero 1.500 hejuru yinyanja barya ubuzima.

Edward yasangije amafoto ye n’umukunzi we maze yandikaho n’amagambo agira ati: “Nafashe urukundo rw’ubuzima bwanjye mu birometero 1.500 kugirango mbone Yego bikenewe cyane !! Nshimishijwe no kuvuga ko nzashyingiranwa numuntu nkunda. Ndakuzi imyaka 8 kandi twakoze iki kintu cyurukundo mu myaka 7.Sinshobora gutegereza kuzenguruka isi hamwe no gukora ibintu byiza twibuka urukundo rwacu muri ubu buzima. ❤️  ndagukunda mukunzi” 😘

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yihaye abasore bo mu Rwanda kubera ko batazi kuryoshya imibonano mpuzabitsina (Audio)

Mugore/mukobwa gendera kure ibi bintu niba ushaka guhorana ububobere mu myanya y’ibanga