in

Umukobwa yihaye abasore bo mu Rwanda kubera ko batazi kuryoshya imibonano mpuzabitsina (Audio)

Umukobwa yihaye abasore bo mu Rwanda avuga ko batazi gukora imibonano mpuzabitsina neza kandi ko ibintu byo gutera akabariro atari ibyabo.

Mu majwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga humvukana umukobwa wifashe imajwi yo kuri WhatsApp maze akayohereza inshuti ye, muri ayo majwi humvukana uyu mukobwa avuga ko abahungu bo mu Rwanda badashoboye gukora sex (imibonano mpuzabitsina)

Uyu mukobwa akomeza anenga abasore bo mu Rwanda cyane, kubera ukuntu babihiriza abakobwa mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina, ngo hari serivise (Saking) abakobwa bakorera abahungu gusa ariko ngo abahungu bo mu Rwanda ntago bajya bayikorera abakobwa nk’uko bayibakoreye.

Uyu mukobwa wari wafashe umwanya we, akihanangiriza abasore bo mu Rwanda yavuze ko hari n’abasore batizi gusomana neza nk’uko bikwiye. Asoza asaba ko abahungu bo mu Rwanda bahabwa amahugurwa kubijyanye n’ukuntu waryohereza umukobwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Umva ayo majwi

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ernest
Ernest
2 years ago

It’s vert nice

Bernard
Bernard
2 years ago

😂 mbese kumbe nuko bamaze igihe bahezwa umwuka!!🏃 Tumurangire kwa ngabo😂

0788852453

Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

Mumundangire mukosore

Keria
Keria
2 years ago

Uyu mukobwa arakoze cyane kutuvugira nukuri ibibintu nibyo aravuga ukuri kuzuye 100% niko bameze

Umwangavu w’imyaka 17 yaburiwe irengero bamusanga yararanye n’abasore muri Hoteli

Umusore utikoraho yagiye guterera ivi umukobwa yitwaza kajugujugu(amafoto)