in

Umushinwakazi yasingije abagabo b’Abanyafurika ko nubwo bakennye ariko hari ibyo bashoboye

Umushinwakazi wisanze ari mu rukundo n’umugabo w’umwirabura wo muri Nigeria, yashimye bikomeye uyu mukunzi we n’abagabo bo muri Afrika muri rusange ku kuba bazi gukundwakaza.

Yabinyujije muri videwo uyu mugore yashyize kuri konte ye ya TikTok ari kumwe n’umukunzi we, avuga ko abagabo bakomoka ku mugabane w’Afurika ari beza cyane.

Yanditse ati: “Abagabo b’Abanyafurika ni beza, sinshobora kuvuga icyo mugenzi wanyu wo muri Nigeria yankoreye cyatumye ndashobora kureka kumukunda no kumutekereza.”

Yongeraho kandi ko abagabo bakomoka muri Africa nubwo ari beza, bazi gukundwakaza ndetse ko nta bandi babarusha gukundwakaza.

Byinshi mu bitekerezo yahawe, bavuze ko batabura amafaranga ngo banabure gukunda no gukundwakaza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harmonize n’umukunzi we Kajala Farida bakomeje kwigisha isi uko urukundo ruryoha (Amafoto)

Irari Davis D yagaragaje ubwo yahuraga na Mimi Mirage ryavugishije abatari bake (Amafoto)