in

Harmonize n’umukunzi we Kajala Farida bakomeje kwigisha isi uko urukundo ruryoha (Amafoto)

Harmonize n’umukunzi we Kajala Farida bakomeje kwigisha abatuye isi uko urukundo ruryoha binyuze mu bikorwa bashyira ahagaragara.

Harmonize na Kajala bagaragaye mu mashusho y’indirimbo nshya ya Harmonize yise ‘Nitaubeba’ ndetse akaba yaranayiririmbiye Kajala bari mu rukundo.

Harmonize akimara gusohora iyi ndirimbo yahise atera imitoma umukunzi we Kajala Farida. Ati:”Iyi nayikoreye umuntu nkunda na we nicyo gihe ngo uyiririmbire uwo ukunda, ndagukunda Kajala kandi hamwe mu rukundo tuzagera kure.”

Kajala akibibona yamusubizanyije ubwuzu, ati:”Nemeye kujya muri iyi ndirimbo kuko yaririmbwe n’inshuti yanjye magara arinjye ayiririmbira, ndagukunda cyane mukundwa uri uw’ingenzi nigeze kugira.”

Iyo witegereje amashusho y’iyi ndirimbo ubona neza ukuntu abo bombi baryohewe n’urukundo.

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yaryamanye n’umugabo wa nyina kugira ngo amubabaze nkuko yamubabaje akiri muto

Umushinwakazi yasingije abagabo b’Abanyafurika ko nubwo bakennye ariko hari ibyo bashoboye