in

Irari Davis D yagaragaje ubwo yahuraga na Mimi Mirage ryavugishije abatari bake (Amafoto)

Umuhanzi ukomeye mu Rwanda mu ndirimbo z’irukundo, Davis D yagaragaye ari kumwe na Mimi Mirage ukora imideli hanze y’u Rwanda.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Davis D yerekanye Amafoto ari kumwe n’umunyamakurukazi w’umunyarwanda, Mimi Mirage.

Ayo mafoto yavugishije abatari bake bayabonye ku rukuta rwa Davis D.

 

Davis D ari kubarizwa ku mugabane w’i Burayi mu gihe Mimi Mirage we ariho akorera imideli mu Bubirijyi.

AMAFOTO:

IBYAVUZWE:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umushinwakazi yasingije abagabo b’Abanyafurika ko nubwo bakennye ariko hari ibyo bashoboye

Guterman yatawe muri yombi kubwo kubura ayo kwishyura icupa