in ,

Umusaza w’imyaka 70 yapfuye asambana n’abanyeshuri babiri bigize indaya ashaka kubemeza

Umusaza w’imyaka 70 uzwi ku izina rya Collins Iheanachonwo muri Nigeria, yapfuye nyuma yo kuryamana n’abakobwa babiri b’abanyeshuri bo muyisumbuye bigize abaslay queen ashaka kubemeza.

Amakuru avuga ko uyu Nyakwigendera mbere y’urupfu rwe bavugwa ko yari afite akamenyero n’ingeso yo kuryamana n’abakobwa b’abangavu cyane.Nk’uko amakuru abitangaza, aba bakobwa bombi, biga mu mashuri yisumbuye , bubahirije ubutumire bw’umusaza bwo guhura na we, ariko bombi ntawe wari uzi ko arahurirayo n’undi maze bisanga bombi muri Hoteri. Igihe yari mu buriri hamwe n’abakobwa bombi, batangiye kugirana ibihe byiza ndetse batera akabariro.Uyu musaza ubwo yari arangije kuryamana n’umwe muri aba bakobwa yatangiye kubura umwuka kugeza apfuye.

Aba bakobwa bato babonye ibibaye bahise bahunga ariko baza gufatwa na polisi yo muri kiriya gihugu aho bahise batabwa muri yombi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igiceri cy’ijana cyarikoze, umugabo yishe murumuna we amuciye umutwe amuziza igiceri cy’ijana

Reba akamaro gakomeye ko gukundana n’umuntu udafite amafaranga