in

Umusaza akomeje kurya ubuzima n’inkumi y’uburanga(amafoto)

Muri minsi usanga abantu bamwe bavuga ko urukundo rwabaye ruke,abandi bakavuga ko byose byabaye iterambere. Ariko na none abenshi ntibiyumvisha uburyo umusaza akundana n’umukobwa ukiri muto, nubwo hari abavuga ko aba ashaka kumurya utwe ,abyita urukundo.

Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amafoto y’umugabo mukuru bivugwa ko ari umugande wagaragaye agirana ibihe byiza by’urukundo n’umukobwa muto w’igitonore. Amafoto yabo yagaragaye kuri instagram yatumye bamwe bibaza niba ari urukundo cyangwa ikindi uyu mukobwa yakurikiye kuri uyu musaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu Police yahagaritse igitaramo cyateguwe na Miss Kayumba Darina ndetse na bagenzi be bahuriye muri Miss Rwanda

Kabaye; hamenyekanye ababikira bahinga urumogi bakajya gusenga bagamije kurushakira abakiriya