in

Umupasiteri yatetse umuyoboke we avuga ko agamije ku mukuramo imyuka mibi

Umupasiteri wo mu gihugu cya Zambia akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko afashe umuyoboke we akamuteka mu isafuriya avuga ko ari kumukuraho imyuka mibi.

Aho kugira ngo uyu mupasiteri ashake ubundi buryo asengeramo uyu mugabo bwamukura mu byaha yahisemo kumuteka mu isafuriya.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Police yahagaritse umugabo wari uri kuri moto afite udupfunyika tw’urumogi acunga barangaye gato ayikubita umugeri abereka munsi y’ikirenge

Agezweho: Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo impinduka ku mukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro