in

Agezweho: Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo impinduka ku mukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro

Agezweho: Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo impinduka ku mukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro.

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bumaze gutangariza abakunzi b’iyi kipe ko irakina umukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro uyu munsi tariki 16 kuri Kigali Pele Stadium ni nyuma yaho byari biteganyijwe ko uyu mukino uzabera kuri sitade ya Karere ka Bugesera nyuma uzakwimurirwa kuri Kigali Pele Stadium kubwumvikame bw’impande zombi.

Rayon Sports irakina n’ikipe ya Interforce FC uyu munsi tariki 16 Mutarama isaa 18h00 kuri Kigali Pele Stadium.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupasiteri yatetse umuyoboke we avuga ko agamije ku mukuramo imyuka mibi

Byasabye izindi mbaraga kugira ngo Andre Onana abashe gutuza mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Cameroon