in

Police yahagaritse umugabo wari uri kuri moto afite udupfunyika tw’urumogi acunga barangaye gato ayikubita umugeri abereka munsi y’ikirenge

Umugabo w’imyaka 38 yafatiwe mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero, yacutse Police afite udupfunyika 5 000 tw’urumogi.

Ni nyuma y’uko Polisi ihagaritse moto byakekwaga ko itwaye ugiye gukwirakwiza ibi biyobyabwenge, mu gihe uwari uyitwaye yahise ayikubita ikibatsi agacika.

Aba bantu bafashwe hirya y’ejo hashize ku Cyumweru tariki 14 Mutarama 2024, nyuma y’uko abaturage bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu, bahaye amakuru abapolisi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda yabazwe ijisho -AMAFOTO

Umupasiteri yatetse umuyoboke we avuga ko agamije ku mukuramo imyuka mibi