in

Umupasiteri yahamagaye umukobwa abereye Sugar Daddy ngo bahuriye kuri hoteli, amusaba ko areba akandi kana bazana kugirango bamunezeze neza, umukobwa ahita amuzanira umukobwa we

Umugabo yahamagaye umukobwa abereye Sugar Daddy ngo bahuriye kuri hoteli, amusaba ko areba akandi kana bazana kugirango bamunezeze neza, umukobwa ahita amuzanira umukobwa we.

Inkuru y’umugabo w’umupasiteri wahuriye n’umukobwa we mu cyumba kimwe cya hoteli yabaye kimomo mu gihugu cya Benin.

Umugabo w’imyaka 42 yari yahanye gahunda n’umukobwa abereye Sugar Daddy ko bagomba guhurira muri hoteli bakagira uko bigenza.

Gusa mbere y’uko umukobwa aza umugabo yari yamusabye ko yareba undi mukobwa w’inshuti ye bakazana bakamunezeza ko araza kubaha amafaranga, ndetse uyu mugabo yari yamusezeranyije ko azamugurira imodoka.

Gusa ubwo umugabo yageraga mu cyumba cya hoteli yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga uwo mukobwa yazanye n’umukobwa w’imyaka 19.

Gusa uyu mugabo ntiyari aziko umukobwa abereye Sugar Daddy ari inshuti y’umwana we ndetse n’uwo mukobwa ntiyari aziko uwo mukobwa ari umwana w’umugabo.

Umugabo kubyizera byamunaniye abajije uwo mukobwa amubwira ko uwo mwana ari uwo bari bazanye kumushimisha.

Abajije umukobwa we wari uri mu marira menshi yamusubije ko yari ari kwishakira amafaranga yo kugura iPhone.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umubyinnyi Titi Brown yavuze ikintu cyabaye mu myidagaduro Nyarwanda ari muri gereza bikamubabaza cyane kuko yacikanwe – VIDEWO 

Umuturage w’i Gahanga yafasha 4 mu matungo yoroye maze ajya ku cyicaro cya RBA ayashyiriye abanyamakuru b’urubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda nk’impano yageneye buri umwe – VIDEWO