in

NdababayeNdababaye

Umunyeshuri yishimiye ko asoje amasomo arapfa.

Umunyeshuri witwa Abdul Majeed Sani yishimiye ko asoje amasomo ye ya Kaminuza,birangira apfuye.Uyu munyeshuri wiga mu mwaka wa nyuma wa kaminuza y’uburezi, Winneba (UEW) yapfuye nyuma yo gukora siporo yo gusimbuka yitwa Backflipping

Abdul Majeed Sani yakomeretse cyane mu ruti rw’umugongo ubwo yishimiraga ko arangije amashuri ye ya kaminuza.

Sani yari umukinnyi w’imikino ngororamubiri uzwi n’ishami ry’ubuzima, uburezi bw’umubiri, imyidagaduro na siporo uhagarariye ishuri mu marushanwa akora imyitozo itandukanye igoye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tangira kurira uyu munsi nyuma yo kumenya ibi byiza byabyo mu buzima bwawe

Kigali: Imodoka irahiye irakongoka(AMAFOTO)