in

Umunyamideli w’ikizungerezi uhamya ko umugabo we amumesera ikariso ye yateye benshi kumwibazaho

Umunyamideli ukomeye cyane akaba icyamamare muri Nigeria, Anita Joseph ahamya ko akenda ke k’imbere kameswa n’umuygabo we Fisayo Michael.

Ntabwo umugabo kumesa akenda k’imbere (underwear) k’umugore we ari ikibazo, nta kibazo kirimo kuko birasanzwe. Umugore n’umugabo baba ari bamwe ahubwo usanga mu bihugu bimwe na bimwe hari imico yaho, nko muri Nigeria biba bitangaje kuba umugabo yamesa akenda k’imbere k’umugore mu gihe atarwaye bikaba n’akamenyero.

Anita Joseph, umunyamideli munini (ubyibushye) byahiriye akaba n’umukinnyi wa Filime, azwiho kugira uruhare mu iterambere rya cinema yo muri Nigeria by’umwihariko akaba yaragize uruhare rutaziguye muri filime ‘Bandit Queen’ yo mu 2007. Uyu mugore w’imyaka 36 y’amavuko kwinjira mu myidagaduro, ahanini yabihatiwe n’abavandimwe be bamubwiraga ko kuba abyibushye yitinyutse byamuha amahirwe nk’umunyamideli wihariye muri Nigeria, nawe aratinyuka biramuhira.

Uyu rero yateye abantu benshi kumwibazaho ubwo yavugaga ko umugabo we ari we umesa uyu mwenda wimbere we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abashakashatsi berekanye imico iteye ubwoba iranga umwana uvuka ku babyeyi banyweye urumogi.

Abantu bamubwiraga ko atazabyara none dore ibyamubayeho||ni ubwa mbere akandagiye i Kigali.