in

Umunyamideli Keza Terisky yibarutse

Umunyamideli Keza Terisky wahoze ari mu rukundo na The Trainer yibarutse umwana w’umuhungu , amakuru avuga ko Keza Terisky yibarutse kuri uyu wa gatanu  tariki 10 Werurwe 2023 ,mu masaha ya nyuma ya saa sita.

The Trainer bivugwa ko ariwe se w’umwana abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram ahatangirwa ubutumwa bumara amasaha 24 ,yashimye Imana , maze yandika agira  ati :” Ushimwe Mana ”  , icyakora  kugeza ubu ntayandi makuru arambuye arajya hanze

Keza Terisky yibarutse umwana w'umuhungu
Keza Terisky yibarutse umwana w’umuhungu
The Trainer bivugwa ko ariwe Se w'umwana yashimye Imana
The Trainer bivugwa ko ariwe Se w’umwana yashimye Imana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wagaragaye anywera inzoga mu ikariso ya mugenzi we akomeje kuvugisha benshi (Videwo)

Neymar yabazwe