in

Umunyamategeko yazunguje ikibuno mu birori abantu baratangara(Video)

Umunyamategeko w’umugore yasekeje abatari bake ubwo yazunguzaga umubiri mu buryo budasanzwe ubwo yari mu birori.

Hari mu birori by’abavoka bo muri Nigeria, aho uyu mukobwa ukiri muto yagaragaye azunguza ikibuno (twerking).

Muri videwo yasangiwe ku mbuga nkoranyambaga, umunyamategeko w’umugabo n’umugore bajyanye ku rubyiniro maze barabyina karahava bashimisha ababarebaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urateganya guhura n’ababyeyi b’umukunzi wawe? Dore uko ugomba kwitwara

Ibyabaye ubwo Musanze FC yakinaga na Bugesera FC biteye isoni