in

Umunyamategeko ukomeye yarongoye umuganga bahujwe na Twitter

Bavuga ko inzira z’urukundo ari nyinshi,nibyo byabaye kuri uyu munyamategeko ukomoka muri Nigeria washakanye n’umugore w’umudogiteri bamenyaniye kuri Twitter.

Uyu mugabo uba mu Bwongereza yasezeranye imbere y’amategeko ndetse yambikana iy’urudashira n’umukunzi we bahujwe na twitter

Umutegarugori uzwi ku izina rya Comfort Nsek yashyizeho ikiganiro bagiranye guhera muri 2019 cyerekana umusore uzwi nka Dr. Ini-Obong Nkang amushimira kubona akazi gashya.

Yamushimiye mu rurimi rwe kavukire, Ibibio na Ini-Obong, maze urukundo rwabo rutangira ubwo.Iyi couple yakomeje gukundana kugeza ubwo kuri uyu wa Gatandatu biyimeje kubana nk’umugabo n’umugore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Reagan Rugaju yatangaje amagambo ku muryango we yakoze ku mitima y’abantu benshi

Hamenyekanye amakipe yifuza Haaland ndetse n’amafaranga asabwa kugira ngo amutware