in

Umunyamakuru Reagan Rugaju yatangaje amagambo ku muryango we yakoze ku mitima y’abantu benshi

Umunyamakuru wa radio na television byu Rwanda Rugaju Reagan ukunzwe n’abatari bacye yafashe umwanya atangaza amagambo ku muryango we uri kwitegura kujya muri Canada yakoze benshi ku mutima.

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yagize ati” Urugendo rwiza rujya muri Canada ( Quebec) Mom , young brother ( Iranzi Bruce ) & ka bucura kacu (Mwiza Gentille ), Ndabakunda cyane. Muzahirwe cyane mwubahishe Izina Rugaju”!

Akomeza agira Ati” Data, (Rugaju Manasseh) iyi nindi mission Imana idushoboje gusoza , aho uruhukiye wishimane natwe kuri iyi ntambwe nziza! Vuba cyane ndagaruka kukubwira ibindi byiza ! Turagukunda cyane Papa”.

Uyu musore uri gutera imbere umunsi ku munsi mu muga we w’itangazamakuru mu gisata cya sports azwiho ubusesenguzi bucukumbuye ikindi kandi azwiho amagambo aryoheye amatwi iyo ari kogeza umupira kuri radiyo Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hahiye:Apotre yongwe yandagaje mutabazi avuze no ku mukobwa mutabazi yateye inda

Umunyamategeko ukomeye yarongoye umuganga bahujwe na Twitter