in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umunyamakuru wa Royal Fm yahawe igisubizo gisekeje ubwo yabazaga icyo Ngenzi barimo kumuhora kuri Twitter

Mu mashaa ashize nibwo Ngenzi wakinnye muri filime nyarwanda zitandukanye bamugize igitaramo kuri Twitter ku buryo kugeza ubu ariwe muntu wa mbere urimo kuvuga cyane kuri Twitter.

Umunyamakuru Umuhire Rebecca ukorera Radio Royal Fm yabajije abakoresha Twitter icyo barimo guhora Ngenzi maze umwe mu bakoresha Twitter amusubiza mu magambo agira ati « Yakomye mu mashyi n’ukuboko kumwe ».

Kuri ubu Ngenzi ayoboye urutonde rw’abantu barimo kuvuga cyane kuri Twitter hano mu Rwanda. Bimwe mu byavuzwe kuri Ngenzi ni ibi bikurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Surprise y’umwaka: Ihere amaso ibyabaye ubwo Bruce Melodie yahuraga na Gihozo Smartgirl | Bruce Melodie yamukoreye umuti urenze (videos)

Abantu 12 barimo abapolisi 7 bafashwe bakekwaho kurya ruswa mu gutanga permis (Amafoto)