in

Umunyamakuru uri mu bakunzwe mu Rwanda yasezeranye n’umukunzi we (Amafoto)

Umunyamakuru Hassan Murumba wamenyekanye mu kiganiro zirara zubakwa aho bagira inama benshi bubatse kugirango bagire ingo zishimye kandi zikomeye.

Ni ikiganiro yakoze imyaka umunani mu ntego yo kubaka ingo z’abanyarwanda. Yagikoranagamo na Mutoniwase Fanny, “turatwika koko haragenda harashya” nk’uko abivuga. Yatangiye gukora iki kiganiro abisikana na Vestine wubakiye izina muri iki kiganiro.

Hassan na Claudine basezeranye imbere y’amategeko tariki 15 Nzeri 2022 mu muhango wabereye ku Murenge wa Kimihurura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Icyatumye Lionel Messi ava mu ikipe yamukujije FC Barcelona akajya muri Paris Saint Germain

Mu mvura nyinshi, Rayon Sports yakosoye AS Kigali mu mukino wa gicuti