in

Umunyamakuru ukunzwe n’abenshi mu kiganiro Urukiko Rw’imikino yabatijwe maze yinjizwa mu muryango mushya w’abafana ba Rayon Sports(videwo)

Mu kiganiro Urukiko Rw’imikino gisanzwe kibera muri Stidio za Radiotv10, kuri uyu wa Gatanu cyabereye ahasanzwe hakorerwa imyitozo y’ikipe ya Rayon Sports ahazwi nko mu Nzove hasanzwe hanakorerwa uruganda rw’inzoga rwa Skol.

Aha niho umunyamakuru wa Radiotv10 Rwanda Faustin Mugenzi uzanzwe ukora mu kiganiro Urukiko Rw’imikino yabatifwe na mu genzi we bakorana Wasiri, amwinjiza mu muryango mushya w’abana ba Gikundiro.

Mu myambaro myiza y’uruganda rwa Skol aba banyamakuru bagize Urukiko Rw’imikino aribo Mucyo Antha Biganiro, Wasiri, Faustihno Simbigarukaho ndetse na Hitimana Claude.

Faustihno nyuma yo kubatizwe na Wasiri amunjiza mu bafana ba Rayon Sports yamuhaye umwambaro mushya w’ikipe yiyeguriye, yatangaje ko aretse ikipe yari asanzwe afana ya Mukura VS.

Dore videwo aho hasi

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC nyuma yo gutera umugongo abafana bayo igihe kinini, ubu igiye kwiyunga nabo mu buryo busesuye

“Ndashaka avance ku nkwano z’umukobwa wange “-Umuhanzi Cyusa yifurije isabukuru nziza imfura ye