in

“Ndashaka avance ku nkwano z’umukobwa wange “-Umuhanzi Cyusa yifurije isabukuru nziza imfura ye

Umuhanzi Cyusa Ibrahim wamenyekanye mu njyana gakondo hano mu Rwanda yifurije isabukuru nziza imfura ye y’umukobwa.

Cyusa umereyewe gukora indirimbo zifashishwa n’abakoze ubukwe dore ko akunze gusohora abageni mu ndirimbo ze zikunzwe n’abatari bake.

Anyuze kuri instagram ye Cyusa yifurije isabukuru imfura ye yukuje umwaka umwe ,mu magambo yo gutebya yagize ati”Ndashaka avance ku nkwano z’umukobwa wange”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ukunzwe n’abenshi mu kiganiro Urukiko Rw’imikino yabatijwe maze yinjizwa mu muryango mushya w’abafana ba Rayon Sports(videwo)

Hamenyekanye akayabo Rayon Sports igomba gutanga kuri Rafael Osaluwe ngo abe yabagwa ndetse n’igihe agomba kumara hanze