in

Umunyamakuru Rugangura Axel yandikiwe ibaruwa imusaba kwisobanura nyuma y’amagambo yavuze

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana inkuru y’amagambo atangaje cyane Umunyamakuru w’imikino Rugangura Axel yavuze ku basifuzi bo mu Rwanda.

Uyu munyamakuru yavuze amagambo aca amarenga ko hari bamwe mu basifuzi barya ruswa. Aho yavuze ko hari abasifuzi bafite umushahara bahembwa n’amwe mu makipe ya hano mu Rwanda   ku buryo bameze nk’abakozi bayo .

Gusa nubwo yavuze aya magambo , ariko  ntiyakiriwe na bose cyane cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru .

Nyuma yuko RAF ishinzwe imisifurire mu Rwanda yumvise aya magombo , yandikiye uyu munyamakuru ibaruwa imusaba kuba yasobanura iby’ayo mayobera yavuze .

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni wa Police FC yatangaje igihe ashobora gukorera ubukwe n’umukunziwe Umutesi Tracy.

Umuraperi Papa Cyangwe yasohoye urutonde rw’indirimbo 12 agiye gushyira hanze ziri kuri Album yise ‘Live and Die’