in

Kapiteni wa Police FC yatangaje igihe ashobora gukorera ubukwe n’umukunziwe Umutesi Tracy.

Nshuti Dominique Savio ukinira police FC akaba na kapiteni wayo yemejwe ko uyu mwaka ashobora gukora ubukwe mu gihe ibintu byaba bigeze neza.

 

Nshuti Dominique Savio kuva muri 2017 yavunzwe mu rukundo n’umukobwa witwa Umutesi Tracy nubu bakiri kimwe.

 

uyu mukobwa rero Nshuti Dominique Savio avuga ko ariwe bakiri kumwe Kandi ko bigeze neza uyu mwaka bakora ubukwe.

abajijwe igihe azakorera ubukwe yasubije Ati “Imana nibishaka n’uyu mwaka birashoboka, inzoga zanywebwa mbirimo cyane. Ni we (Tracy) tukiri kumwe nta wudi.”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze : Umugabo yibye Inka ayijyana kuyihisha mu buriri bwe ngo hatagira uyica iryera.

Umunyamakuru Rugangura Axel yandikiwe ibaruwa imusaba kwisobanura nyuma y’amagambo yavuze