in

Umunyamakuru Reagan Rugaju ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko mugenzi we Fuadi Uwihanganye yamubwiye amagambo yatunguye benshi

Ku munsi wejo hashize tariki ya 25 Ugushyingo nibwo umunyamakuru wa RBA Reagan Rugaju ukora ibijyanye n’imikino yagize isabukuru y’amavuko, nyuma yo kubitangaza abantu benshi bakomeje kumwifuriza isabukuru nziza.

Mugenzi we Fuadi Uwihanganye ukora ibiganiro by’imikino kuri radiyo B&B Umwezi nawe yifurije isabukuru nziza y’amavuko Rugaju Reagan akoresha amagambo yasekeje abatari bacye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Fuadi yifurije isabukuru nziza Reagan mu magambo agira ati “Isabukuru nziza y’amavuko muvandimwe Rugaju Reagan urabizi ko uwavutse ariwe ugura mpamagara ntakibazo”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: abagore badukanye amayeri ateye ubwoba barimo kwibisha abaturage

Dore amayeri abasore badukanye atuma baryamana n’inkumi