in

NdabikunzeNdabikunze

Umukobwa yatunguwe n’umusore amwambika impeta nyuma yo kumwumvisha umunyenga wo mu ndege.

Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria yatunguwe n’umusore wamwambitse impeta nyuma yo kumutembereza mu ndege, azi ko ari umunyenga gusa.

Uyu mukobwa witwa Busade yatunguwe n’umusore bamaranye imyaka itatu bakundana. Uyu mukobwa avuga ko yahamagawe n’umukobwa winshuti ye amubwira ko afite urugendo rwo gutembera mu ndege.Yamubwiye ko muri iyo ndege harimo inyanya itatu kuburyo na we araza bakajyana.Bwari ubwa mbere uyu mukobwa agenze mu ndege ,ari nabyo byatumye yishimira gutembera mu ndege.Busada wari ugiye kwambikwa impeta ariko atabizi yagiye afata amafoto yurwibutso nk’umuntu wari ugiye mu ndege bwa mbere.

Uyu mukobwa akimanuka mu ndege yatunguwe no gusanga ibyapa hasi byanditse amazina ye n’amagambo avuga ngo “wambera umugore?” Yahise abona umukunzi we apfukamye hasi yashinze ivi ,afite impeta mu ntoki yahise amusanganira maze umusore ahita amuhobera amusaba kumubera umugore.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza kuri Papa Cyangwe na Ariel Wayz

Mashami, Jacques Tuyisenge na Haruna bibasiwe ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)