in

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE NdabikunzeNdabikunze

Umukobwa yashyizeho tatuwaji mu maso ariko ibyamubayeho ntazabyibagirwa(AMAFOTO)

Uyu mukobwa yitwa Amber Luke akomoka mu ntara ya New South Wales ,amaze imyaka agerageza kwihindura umuntu utangaje ku isi aho asigaye yitwa” blue eyed white dragon”.

Uyu mukobwa afite ibishushanyo (tattoos)ku mubiri we bisaga 600 bimwe muri byo bishushanyije mu mboni y’amaso ye aho yashyizemo amabara y’ubururu.

Uyu mukobwa avuga ko atazibagirwa uburyo byamuryaga kumushyira tatoo mu jisho, ndetse avuga ko yamaze igihe atareba neza.

Yagize ati:”buri jisho barijyagaho inshuro enye nyuma muri ubwo bubabare mu byukuri biteye ubwoba ndetse birababaza cyane .Nagize ibyago uwashushanyaga mu maso yanjye agera kure cyane ubusanzwe iyo gushushanya mu jisho bikozwe neza ntacyo bitwara ariko njye namaze ibyumweru bitatu ntareba,nari mu bubare bukomeye cyane”.

Nyina wuyu mukobwa yavuze ko yasutse amarira abonye uburyo umukobwa we yari yishyize imiti y’ubururu mu maso ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Dr Dre yakoresheje ibirori by’agatangaza byo kwizihiza gatanya.

Nyuma yo gutsindwa na Everton, abakinnyi ba Arsanal bahise bajya kwishimisha !