in

Umukobwa yaryamanye n’umugabo wa nyina kugira ngo amubabaze nkuko yamubabaje akiri muto

Umukobwa w’ikizungerezi wo muri Afurika y’Epfo witwa Paballo Maseko, yaryamanye n’umugabo wa nyina kugira ngo amwishyure ibibi nyina yamukoreye.

Uyu mukobwa ni we wabyitangarije aho yavuze ko yaryamanye n’umugabo wa nyina wari n’umupasiteli we mu buzima bwa gikiristo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Maseko yavuze ko atigeze yitabwaho na nyina nkuko yitaye ku bandi bana bavukanaga na we.

Akomeza avuga ko yigiriye inama yo kwiyegereza umugabo wa nyina kugira ngo yihimure kuri Mama we utaramwitayeho uko bikwiye.

Nyuma y’uko nyina yamenyeye amakuru ko umwana we amuca inyuma yarababaye cyane ahita yirukana umukobwa we. Ibyo byose Maseko yakoze ntabwo abyicuza nta gato.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Teta Sandra yavuze impamvu ari mu Rwanda bitungura benshi bari bazi ko yahunze inkoni

Harmonize n’umukunzi we Kajala Farida bakomeje kwigisha isi uko urukundo ruryoha (Amafoto)